News

GISAGARA: Meya Rutaburingoga yahaye umukoro abagize komite z’ibidukikije mu mirenge

13 Oct Mu gihe akarere ka Gisagara gakomeje guteza imbere gahunda ya ekoturizime,umuyobozi w’akarere Bwana Rutaburingoga Jerome,arasaba abayobozi mu nzego zitandukanye zihagarariye abaturage bagize komite z’ibidukikije mu birenge yabo kurushaho kubakangurira kwita ku bidukikije aho batuye kuko inyungu zabyo nabo zizabageraho. Asoza aya mahugurwa ,Meya Rutaburingoga  yibukije abayitabiriye gahunda y’akarere ka Gisagara yiswe ‘’Gisagara igendwa’’ …

GISAGARA: Meya Rutaburingoga yahaye umukoro abagize komite z’ibidukikije mu mirenge Read More »

UBURAKARI KU ITABARO, IMVANO Y’URUGAMBA MUSENYERI BIRINDABAGABO YATANGIJE KU BIYOBYABWENGE

Hari ku wa Mbere tariki 25 Ukuboza 2006 ubwo ibihumbi by’abakirisitu hirya no hino mu Rwanda bari mu nsengero no muri za Kiliziya, bizihiza ivuka rya Yesu/Yezu mu byishimo ngarukamwaka bya Noheli. Mu Karere ka Kayonza, muri Diyosezi ya Gahini mu Itorero Angilikani ry’u Rwanda naho ibintu byari bimeze neza, Musenyeri Alexis Birindabagabo n’abakirisitu bishimiye …

UBURAKARI KU ITABARO, IMVANO Y’URUGAMBA MUSENYERI BIRINDABAGABO YATANGIJE KU BIYOBYABWENGE Read More »

IGITABO “GOLIYATI ARAGUYE” KIREREKANA INZIRA YO KURANDURA BURUNDU IBIYOBYABWENGE

Igitabo “Goliyati Araguye” cyanditswe na Musenyeri Bilindabagabo Alexis wahoze ayobora itorero Angilikani muri Diyosezi ya Gahini kuri ubu uri mu kiruhuko cy’izabukuru. Igitabo “Goliyati Araguye” cyanditswe na Musenyeri Bilindabagabo Alexis wahoze ayobora itorero Angilikani muri Diyosezi ya Gahini kuri ubu uri mu kiruhuko cy’izabukuru Ni igitabo gikubiyemo ubutumwa bwereka Abanyarwanda inzira zo kurandura burundu ibiyobyabwenge …

IGITABO “GOLIYATI ARAGUYE” KIREREKANA INZIRA YO KURANDURA BURUNDU IBIYOBYABWENGE Read More »